Umusore w’imyaka 30 yaranguye Matheus House, arashaka n’andi magorofa!!! || Ibanga rya Gahungu
Автор: Kigali Today
Загружено: 2026-03-04
Просмотров: 40395
Описание:
Lambert Gahungu, umusore w’imyaka mirongo itatu ari muri aba. Yabyirutse yumva bavuga ngo “China is the Future”, bivuze ngo Ubushinwa ni bwo bufite mu biganza ahazaza.
Ibi byahuriranye n’uko yari afite inzozi zo kwiga mu Bushinwa n’ubwo atari azi uburyo azabigeraho kubera amikoro macye.
Icyakora, kubera ko se yari yarigeze gucururiza muri Quartier Matheus, akarangura amafi akorana n’Abagande, Gahungu na we yumvaga ko byanze bikunze aziga, hanyuma akaza agakora ubucuruzi mpuzamahanga, kandi akarenza kure aho se yagejeje.
Ku myaka itanu, yapfushije se, ariko arakomeza aratwaza, amashuri ye abanza ayiga neza, maze ageze mu yisumbuye atangira gucuruza.
Mu Mwaka wa kane w’ayisumbuye, Gahungu yazanaga inkweto mu gikapu cy’amakayi azihishe mwarimu, maze akazigurisha bagenzi be.
Повторяем попытку...
Доступные форматы для скачивания:
Скачать видео
-
Информация по загрузке: