28/2/26 NDUHUNGIREHE ARIBASIRA MUYAYA KU BUSA KANDI KAGAME ARATABAZA NYUMA YO GUKANGANA
Автор: Bwakeye tv
Загружено: 2026-02-28
Просмотров: 187
Описание:
28/2/2026 Kuri Radio Urumuri na Bwakeye tv:
Turaza kuganira ku gisubizo Nduhungirehe yageneye Patrick Muyaya, ubwo yaganirizaga abanyekongo batuye muri Canada. Ni igisubizo kitagize aho gihurira n'umwanya we wa Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, ndetse kinagaragaza ko u Rwanda rwijugunya mu buyobozi bw'ikindi gihugu rutabifitiye uruhusa.
Ibyo Muyaya yagejeje ku banyekongo bari bitabiriye guhura na we, ni ibisobanuro ku bibazo yabajijwe, kandi byasubizaga n'impungenge zabo.
Imvugo yaba yarakoresheje y'ururimi rw'igihutu bibarya he ko bikoreshwa muri Kongo nyine? None se barashaka ko Isi yose itekereza, ikavuga nka bo?
Turareba nanone mu rwego rwo gusuzumaa uko Kagame atagira gahunda mu bitekerezo bye, aho yihanukira agatukana avuga ko ibihano nta cyo bimubwiye. None yayatomotswe, arimo arirukanka ku basenateri b'abarepubulikani ngo bamuhakirwe kur D.Trump. Yagiye se abanza agakaraga ururimi 7 mbere yo kuvuga ibyo azi ko bizamugarukira?
Turaza mu biganiro mu kanya saa saba n'igice za Washington, ari byo saa moya n'igice za Bruxelles.
IKAZE KURI MWESE.
Повторяем попытку...
Доступные форматы для скачивания:
Скачать видео
-
Информация по загрузке: